
REKA TUREBE UBURYO UMUKOBWA WATAKAJE UBUSUGI YABWISUBIZA
Burya gutakaza ubusugi biroroha ariko kugira ngo umuntu yongere abusubirane ntibyoroshye. Aha twabashakiye uburyo umukobwa watakaje ubusugi yakoresha akongera akisubiza ubusugi bwe.
Uko umugore akora imibonano mpuzabitsina kenshi niko igitsina cye cyiyongera mu bunini iyo bikabije, Bikaba bishobora no kuviramo ko umugabo atamwifuza cyane kuko uko byamuryoheraga bakibikora bwa mbere siko bikimeze
Dr. P. Mupenzi Mwiza avuga ko Hari ibinini ushobora kunywa ku buryo igitsina cyawe cyongera gusubira bushya, Gusa iyo miti ishobora kugutera ibibazo niyo mpamvu hano tugiye kuguha uburyo gakondo wakoresha igitsina cyawe kigasubira kuba gito kandi bikakurinda n’izindi ndwara cyangwa kuba hari umwuka mubi usohoka mu gitsina cyawe.
Ese ni ibiki umukobwa yakoresha ngo asubire kuba mushya?
Hari ibimera birindwi bikoreshwa cyane mu kugabanya ubunini bwigitsina cy’umugore ariko kimwe cyonyine nicyo kiboneka mu Rwanda .
Ese iki kimera kiboneka mu Rwanda ni ikihe?
Iki kimera kizwi Ku izina ry’IGIKAKARUBAMBA.
Ni ikimera kizwiho ibintu byinshi cyane cyane mu gukiza indwara zitandukanye.
Igikakarubamba gifite ububasha bwo kugabanya ubunini bw’igitsina kikaba gito, kandi gituma uzana ububobere mu gitsina cyawe kikaba cyanagukiza izindi ndwara, nk’uduheri tujya tugararagara mu gitsina cy’umugore bitewe wenda n’uko yihanaguje ibintu bidasukuye cg ibindi.
Ese igikakarubamba gikoreshwa gute?
Fata amazi y’igikakarubamba ubundi uko ugiye koga uyasige mu gitsina cyawe ugitangira koga,
igihe urangije koga ahantu hose fata amazi meza woze mu gitsina cyawe udakoresheje isabune cyangwa ikindi kintu.
Numara koga neza wihanagure, ibi ujye ubikora buri munsi ugiye koga bizatuma igitsina cyawe gisubirana kibe gito kandi kigire umuhumuro mwiza ndetse n’ubuzima bwiza.
Niba ufite umwana wiga S6; S3 na P6 ibi bizamini byakozwe byamufasha kuguma kwitegura kuzakora ibizamini bya Leta bisoza umwaka

Umubirizi uzwiho kuvura inzoka zo mu nda burya uvura n’izindi ndwara zitandukanye
Umubirizi uzwiho kuvura inzoka zo mu nda burya uvura n’izindi ndwara zitandukanye harimo: Kuribwa mu gifu, Kanseri ya porositate, Umusonga , Kubura ibitotsi, Kongera uburumbuke, Umwijima ,Kanseri y’ibere, Kongerera amashereka, Impyiko , Diyabete nizindi.

Umuravumba (Tetradenia riparia) ni umuti utangaje
Umuravumba ni ikimera gitangaje Imana yatwihereye, turusheho gusobanukirwa ni ki kimera nakamaro gifite mumibereho yacu; aho uvura indwara zitandukanye na zimwe utari uzi.
MARKING GUIDES OF PAST PAPER NATIONAL EXAMINATION P-LEVEL 2019:
AMAKURU MASHYA
- IBIBAZO N’IBISUBIZO BIKUNZE KUBAZWA MUBIZAMINI BYA PROVISOIRE June 2, 2023
- ITANGAZO RYA KAMINUZA Y’URWANDA RIREBA ABANYESHURI BASHAKA KWIYANDIKISHA MUKWIGA MURI 2023 June 2, 2023
- ALL BOOKS OF REB May 30, 2023
- RWANDA SECONDARY SCHOOLS SCIENCES E_BOOKS May 30, 2023
- Itangazo rireba abasabye inguzanyo yo kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda May 30, 2023
- Uburyo bwo gusaba Results Slip May 22, 2023
- 600 Tennessee Tech University Scholarships for Rwandan, US and International Students in USA, 2023 December 6, 2022
- Polisi igiye gufungura uburyo bwo kwiyandikisha ku bashaka impushya z’ibinyabizig November 11, 2022
- Ibyangombwa by’ubutaka bigiye gutangirwa ku Irembo. November 11, 2022
- DIFFERENT JOB POSITIONS AT NATIONAL INSTITUTE OF STATISTICS OF RWANDA (NISR) November 6, 2022
- JOB POSITIONS OF 300 ENUMERATORS AT RWANDA GOVERNANCE BOARD (RGB) November 3, 2022
- Urutonde rw’abalimu bashyizwe mumyanya na REB mu turere twose (Teacher placement Lists All District Sept 2022-2023) September 30, 2022
- The First 500 Scholarships forRwandan, UK/EU/International Students at University of Kent, UK September 29, 2022
- Hawk Scholarships for International Students at University of Houston-Clear Lake, USA for Rwandan and international student September 16, 2022
- Different Scholarships at Queen Mary University of London for International students September 15, 2022