REKA TUREBE UBURYO UMUKOBWA WATAKAJE UBUSUGI YABWISUBIZA

REKA TUREBE UBURYO UMUKOBWA WATAKAJE UBUSUGI YABWISUBIZA

Igikakarubamba cyarogeye ndetse kizwi n’Abanyarwanda benshi aho bagitangira ubuhamya bw’ibyiza kigenda kibagezaho. Gusa ngo kugikoresha nabi byakora ishyano. Inzobere mu bumenyi bw’Igikakarubamba zivuga ko :
1.Kizamura ubudahangarwa bw’umubiri. Cyoza imyanda yose iri mu mubiri igihe gikoreshejwe iminsi 21.
2.Ni ibiryo ariko ni n’umuti. Gifite amoko 360 ndetse cyakijije benshi barwaraga imitsi”. Umushongi w’Igikakarubamba ukiza indwara zitandukanye.
umushongi wacho uboneka aruko ugisatuye.

Burya gutakaza ubusugi biroroha ariko kugira ngo umuntu yongere abusubirane ntibyoroshye. Aha twabashakiye uburyo umukobwa watakaje ubusugi yakoresha akongera akisubiza ubusugi bwe.

Uko umugore akora imibonano mpuzabitsina kenshi niko igitsina cye cyiyongera mu bunini iyo bikabije, Bikaba bishobora no kuviramo ko umugabo atamwifuza cyane kuko uko byamuryoheraga bakibikora bwa mbere siko bikimeze

Dr. P. Mupenzi Mwiza  avuga ko Hari ibinini ushobora kunywa ku buryo igitsina cyawe cyongera gusubira bushya, Gusa iyo miti ishobora kugutera ibibazo niyo mpamvu hano tugiye kuguha uburyo gakondo wakoresha igitsina cyawe kigasubira kuba gito kandi bikakurinda n’izindi ndwara cyangwa kuba hari umwuka mubi usohoka mu gitsina cyawe.

Ese ni ibiki umukobwa yakoresha ngo asubire kuba mushya?

Hari ibimera birindwi bikoreshwa cyane mu kugabanya ubunini bwigitsina cy’umugore ariko kimwe cyonyine nicyo kiboneka mu Rwanda .

Ese iki kimera kiboneka mu Rwanda ni ikihe?

Iki kimera kizwi Ku izina ry’IGIKAKARUBAMBA.

Ni ikimera kizwiho ibintu byinshi cyane cyane mu gukiza indwara zitandukanye.

Igikakarubamba gifite ububasha bwo kugabanya ubunini bw’igitsina kikaba gito, kandi gituma uzana ububobere mu gitsina cyawe kikaba cyanagukiza izindi ndwara, nk’uduheri tujya tugararagara mu gitsina cy’umugore bitewe wenda n’uko yihanaguje ibintu bidasukuye cg ibindi.

Ese igikakarubamba gikoreshwa gute?

Fata amazi y’igikakarubamba ubundi uko ugiye koga uyasige mu gitsina cyawe ugitangira koga,

igihe urangije koga ahantu hose fata amazi meza woze mu gitsina cyawe udakoresheje isabune cyangwa ikindi kintu.

Numara koga neza wihanagure, ibi ujye ubikora buri munsi ugiye koga bizatuma igitsina cyawe gisubirana kibe gito kandi kigire umuhumuro mwiza ndetse n’ubuzima bwiza.

Niba ufite umwana wiga S6; S3 na P6 ibi bizamini byakozwe byamufasha kuguma kwitegura kuzakora ibizamini bya Leta bisoza umwaka

 

Umubirizi uzwiho kuvura inzoka zo mu nda burya uvura n’izindi ndwara zitandukanye

Umubirizi uzwiho kuvura inzoka zo mu nda burya uvura n’izindi ndwara zitandukanye harimo: Kuribwa mu gifu, Kanseri ya porositate, Umusonga , Kubura ibitotsi, Kongera uburumbuke, Umwijima ,Kanseri y’ibere, Kongerera amashereka, Impyiko , Diyabete nizindi.

Umuravumba (Tetradenia riparia) ni umuti utangaje

Umuravumba ni ikimera gitangaje Imana yatwihereye, turusheho gusobanukirwa ni ki kimera nakamaro gifite mumibereho yacu; aho uvura indwara zitandukanye na zimwe utari uzi.

MARKING GUIDES OF PAST PAPER NATIONAL EXAMINATION P-LEVEL 2019:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Open chat
Need Help?
Hello!
Can I help you?