Ibanga ry’ubukire abantu benshi bateye imbere bahuriraho ni uguhora wiyungura ubumenyi kandi wiga ibintu bishya. Muri iki gihe tugezemo, umuntu ushaka gutera imbere asabwa kugira […]
Read moreCategory: MAIN STORIES
MAIN STORIES
ITANGAZO RIREBA ABIFUZA GUKORERA URUHUSHYA RW’AGATEGANYO RWO GUTWARA IBINYABIZIGA (PROVISOIRE)
Tubafitiye Igazeti y’Amategeko y’Umuhanda n’Ibibazo n’Ibisubizo by’ibizamini byatanzwe mu myaka itandukanye. Dushobora kubikugezaho ari “Hard Copy” cyangwa “Soft Copy” bitewe n’uko ubyifuza. Wizuyaza KANDA HANO tubikugezeho. Duhamagare […]
Read moreAmabanga 4 wamenya ugahinduka umukire,Rich Dad Poor Dad
Mu gice cya mbere cy’iyi nyandiko twasobanuye ibintu bine twakwigira ku gitabo “Rich Dad Poor Dad” ari byo: Kwigira ku makosa twakoze; Kumenya ko ubumenyi […]
Read moreIcyo wakora kugira ngo wivane mu bukene,Rich Dad Poor Dad
Igitabo Rich Dad Poor Dad cyanditswe n’Umunyamerika ukomoka mu Buyapani witwa Robert KIYOSAKI mu mwaka wa 2002. Iki gitabo kiri mu bitabo byakunzwe kandi bigasomwa […]
Read moreIbi bintu 5 nawe byagufasha kongera umusaruro mu kazi kawe
Hari igihe utangira akazi kare, ukaza kugeza ku mugoroba utanaruhutse, ariko wasubiza amaso inyuma ugasanga nta kintu gifatika wakoze, nta musaruro wagezeho. Hari n’igihe ushobora […]
Read moreIbintu 4 ugomba kwitondera igihe ugiye gutangira umushinga
Buri mushinga wose umuntu agiye gukora biba bisaba ko awutegura, akawutekerezaho neza, akawumva, akamenya icyo umushinga uzamarira abandi n’uburyo umushinga ubwawo uzatera imbere kandi ukagirira […]
Read moreIbintu 9 dukora tutazi ko bishobora kuvamo imishinga yatugira abakire
Buri muntu usanga afite impano cyangwa imirimo akunda gukora kenshi mu rwego rwo kwishimisha cyangwa kuruhuka. Izo mpano cyangwa iyo mirimo dukunda gukora twishimisha ni […]
Read moreIsaha yo kugera mu rugo yashyizwe saa sita z’ijoro,amakoraniro n’abafana ku bibuga barakomorerwa
Inama y’Abaminisitiri yateranye uyu munsi tariki ya 26 Mutarama 2022,yemeje ko isaha abantu basabwa kuba bageze mu ngo ari saa sita z’ijoro mu gihe amakoraniro […]
Read moreCHINA-GOVERNMENT OF RWANDA SCHOLARSHIPS
The Higher Education Council (HEC) wishes to inform the general public that, through the bilateral cooperation between the Government of Rwanda and the Peoples’ Republic […]
Read moreUbushakashatsi bwagaragaje ko imvubu zimenyana zigendeye ku majwi
Ubushakashatsi bwagaragaje ko imvubu zigira uburyo ziganiramo zifashishije amajwi ndetse bikazifasha gutandukanya ngenzi zazo n’izindi nyamaswa. Mu bushakashatsi bwatangajwe mu kinyamakuru Current Biology, bwagaragaje ko […]
Read more






